LeBron James yatangaje ko atazakomezanya na Los Angeles Lakers

LeBron James yatangaje ko atazakomezanya na Los Angeles Lakers

LeBron James yatangaje ko atazakomezanya na Los Angeles Lakers

Umunyabigwi muri NBA LeBron yatangaje ko agiye Kuva muri Los Angeles lakers akerekeza muyindi kipe

LeBron James yatangaje ko atazakomezanya na Los Angeles Lakers
LeBron yamenyesheje Los Angeles Lakers ko atazakomeza gukinira iyo kipe muri season ya 2026-27. Azakomeza gukina NBA, ariko azaba ari mu yindi kipe.  

Uyu mukinnyi w’imyaka 41 azatangira season ye ya 24 muri NBA, ibintu bitigeze bikorwa n’abandi bakinnyi benshi. Yakiniye Lakers imyaka 8,atwarana nayo igikombe cya NBA mu 2020 ndetse akomeza gushyiraho amateka menshi.  

Ikipe ishobora kumusinyisha cyane ivugwa ni Golden State Warriors
Amakuru avuga ko Golden State Warriors ishaka kumuzana ngo akine hamwe na Stephen Curry na Draymond Green. 
Haranavugwa ko Cleveland Cavaliers ishobora kongera kumwakira kuko ari ho yatangiriye kandi yahakoze amateka akomeye.  

Mu mwaka ushize wa NBA, LeBron yakomeje gukora neza: yagize impuzandengo ya 20.9 points, 7.2 assists na 6.1 rebounds mu mikino 60 yakinnye
















Share this article

Facebook Twitter LinkedIn WhatsApp Instagram
Trending Now